in

Yaragikeneye gukora akazi! Umusore yahuye n’uruva gusenya ubwo yamaraga kunywa imiti yongera akanyabugabo arikumwe n’umukunzi we

Polisi ya Uganda yemeje ko umusore w’imyaka 30 wo mu Karere ka Busia yaguye mu nzu yakira abashyitsi izwi nka ‘lodge’.

Ni nyuma yaho uwo musore yanyweye imiti yongera imbaraga mu mibonano mpuzabitsina, akamarana n’umukunzi we iminsi itatu.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yamwumvaga ataramubona: Umutoza wa Rayon Sports yanyuzwe n’ibintu Youssef Rhab yakoze ku myitozo ye ya mbere -IFOTO

Asubiye kuyoza igitiyo; Salima Mukansanga yahawe gusifura umukino w’amakipe y’ibihugu akomeye mu gikombe cy’isi