in

“Ariko muzi gutwita amezi 9 uburyo bivuna cyangwa inda za byeri nizo zibongoza” Shaddyboo yihaye abagabo ku mbuga nkoranyambaga 

Nyuma y’amakuru agenda atangwa mu makampanyi atandukanye yaba ayabikorera cyangwa aya leta kubijyanye n’ikiruhuko gihabwa abagore nyuma yo kubyara, abantu bacitse ururondogoro.

Gusa uwo tuzi nka Shaddyboo ntiyumva ukuntu abagabo bahinze batanga ibitekerezo kukijyanye n’ikiruhuko gihabwa abagore, kandi abo bagabo batazi uko gutwita amezi 9 bivuna.

Yagize ati ” Abagabo muri gutangaza ibitekerezo, ku itegeko ry’ikiruko, muzi uko gutwita amezi 9 bivuna cyangwa ni inda za beer ziri kubongoza”.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore yatereye ivi mu muhanda akahabonera ibitangaza (VIDEWO)

Menya ibintu bitanu ugomba gukora kugira ngo ubeho wishimye