in

Ariel Wayz nyuma yo kugaragara yambaye umukenyero yibasiwe na benshi bavuga ko nta munyarwandakazi wishyirishaho ibitatuwaje 

Ni mu mafoto Ariel Wayz yashyize hanze yambaye bitandukanye n’ibyo dusanzwe tumuziho by’amapantaro n’amakabutura.

Kuri iyi nshuro byari bitandukanye kuko yashyize amafoto ye hanze yambaye umukenyero.

Ubwo yashyiraga amafoto ye hanze yahise yakiranwa yombi na bamwe mu bashakaga kumusebya.

Uwatangije ibi yanditse agira ati “Bigaragara nabi kubona umukobwa wambaye umukenyero n’ibi tatuwaje bisebya umuco nyarwanda nukuri pee.”

Ifoto ya Ariel Wayz mu micyenyero.

Ibi ntago byashyigikiwe na benshi kuko hari abari bamukuyemo iyo kotsa.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi ukomeye wa Rayon Sports watsindaga ibitego byinshi mu myitozo yagize uburwayi bwo mu nda mbere y’uko bahura na Rutsiro FC

FERWAFA yakojeje isoni Gasogi United, KNC atera intambwe igana muri FIFA