in

APR VC ikatishije itike yo gunina umukino wa nyuma

Mu mikino wa kabari wahuzaga ikipe ya APR VC na REG VC warangiye ikipe ya APR iwutsinze amaseti 3-1.

 

Ni umukino ikipe ya APR VC yasbawa gutainda ngo ikomeze ku mukino wa nyuma kuko ubanza yari yawutsinze byari bivuze ko rero mu gihe ikipe ya REG VC yari kuba iwutsinze hari kuzakinwa umukino wa gatatu wa kamarampaka.

 

Ni umukino watangiye ahagana kw’isaha 16h20 utangirana imbanga nyinahi ku mpande zose yaba REG VC yashaka kudataindwa uyu mukino bwa kabiri ndetse na APR VC yashakaga gutsinda ngo ikomeze ku mukino wanyuma.

 

Kwikubitiro ikipe ya APR VC yahise itwara iseti mu buryo bugoranye ariko iriko irayitwara ku manota 25-18.

 

Iseti ya kabiri yagoranye cyaneikipe ya REG VC byaje kurangira iyegukanye ku manota 27-29.

 

Iseti ya gatatu yegukanwe n’ikipe ya APR VC nanone ku manota 25-18.

 

Iseti ya kane nayo yatsinzwe na APR VC nubwo wabonaga ko ikipe ya REG VC yongeyemo akabaraga ariko akagozi byaje kurangira akagozi gacitse kuko maze APR VC iyitsinda ku manota 25-21.

 

Ikipe ya APR VC irategereza kuyirokoka hagati ya Kepler VC na Police VC.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imurikabugeni MURUBUTO rishya muri kigali, aho ubuzima n’inganzo bihura n’ibyiyumviro by’umuhanzi.(Amafoto)

Umusifuzi yasifuye umukino wanyuma urangiye ajya kwishimana n’ikipe yegukanye igikombe maze bamubonye ibyari ibyishimo biba bihindutse amarira