in ,

APR FC niyo yasoje shampiyona izikingirije: Ferwafa yatangaje uko amakipe azacakirana mu mikino yo kwishyura 

APR FC niyo yasoje shampiyona izikingirije: Ferwafa yatangaje uko amakipe azacakirana mu mikino yo kwishyura.

Mu gihe ikipe ya APR FC ariyo yasoje shampiyona y’u Rwanda iyoboye izindi n’amanota 33 kandi nta mukino itsinzwe aho ikurikiwe na Police FC ifite amanota 31 na Musanze FC ifite amanota 29 ubu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa ryatangaje uko amakipe azahura mu mikino yo kwishyura.

Dore uko amakipe azahura mu mikino yo kwishyura muri shampiyona ya Rwanda Premier League:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Byakomeye! Abakunzi ba Rayon Sports barashinja Perezida wabo hamwe n’umutoza kugira uruhare rukomeye mugutakaza amanota kw’iyi kipe -AMASHUSHO

RIP Melissa : Umukobwa yagiye muri gahunda z’itorero, ubwo yari ari ku rusengero afatwa n’indwara itunguranye bamujyanye mu bitaro by’itorero banga ku umufasha ngo kuko adafite amafaranga