in

Anita Pendo yasebeje iniga ubwo bari ku rubyiniro abari aho bavuza induru (video)

Ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amashusho agaragaza Anita Pendo aho yararimo kubyinana n’umusore ku rubyiniro mu marushanwa ya Primus  Guma  Guma Super Star. Nkuko amashusho abigaragaza, Anita Pendo yabyinishije uyu musore mu mbyino zidasanzwe byatumye abantu benshi bavuga ko Anita Pendo yamusebeje.

Dore uko byagenze mu mashusho:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biratangaje pe! Umuhanda waje guhinduka ikiyaga kubera imvura idasanzwe

Umupadiri yashishikarije abantu kwinywera inzoga kuko zitazababuza ijuru