in

Ange Da Baby yongeye gushyira Amafotoa hanze yishimanye n’umukunzi we

Ange Da Baby yongeye gushyira Amafotoa hanze yishimanye n’umukunzi we.

Ange Da Baby umaze kumenyerwa mu myidagadiro nyaRwanda Byumwihariko mu ndirimbo z’ibyamamare yongeye gushyira Amafotoa hanze ari kumwe n’umukunzi we Dope Zilha.

Aba bombi bamaze igihe kitari gito bakundana ndetse babishyira ku mugaragaro.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi 2 ba APR FC na 1 wa Rayon Sports bahurije hamwe imbaraga barega ikipe ikomeye hano mu Rwanda nyuma yo kwamburwa amafaranga yabo

Pasiteri wiyita Yesu Kirisitu yagiye gutanga ikirego kuri Polisi kubishobora ku mukorerwa kuri pasika (AMAFOTO)