in

Amashusho ya Byiringiro Lague arimo abyina zuke mu buryo butangaje akanyuzamo agasomana akomeje guca ibintu hanze aha

Amashusho ya Byiringiro Lague arimo abyiba zuke mu buryo butangaje akanyuzamo agasomana akomeje guca ibintu hanze aha

Ni amashusho yagiye hanze kuri uyu wa mbere uyu rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda amavuba ndetse n’ikipe ya Sundvikens IF, abyina zuke akanyuzamo agasomana mu buryo butangaje.

Byiringiro Lague kugeza ubu arimo kubarizwa hano mu Rwanda mu biruhuko nyuma yaho shampiyona yo muri Suedé irangiye ikipe ya Sundvikens IF izamutse mu cyiciro cya kabiri.

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

N’ubwatsi bushya bwagezemo! Sitade Amahoro izaba ari iy’icyinyejana yamaze kugeramo ubwatsi bushya butari bumenyerewe mu Rwanda

Papa Francis yategetse guha umugisha abaryamana bahuje ibitsina