in

Amakuru meza ku bakunzi ba Kiyovu Sports

Bidasubirwaho amakuru aravuga ko Nsabimana Aimable yongereye amasezerano mu ikipe ya Kiyovu Sports , akaba azakinira iy’ikipe mu gihe cy’imwaka 2 ,amakuru akavuga ko kandi   Aimable yahawe agera kuri miliyoni 15.000.000 .

Muri Kanama 2022 nibwo Aimable Nsabimana yari yerekeje muri Saudi Arabia mu ikipe ya Jeddah ,yo mu cyiciro  cya kabiri  biza kurangira adakiniye iyi kipe biturutse kukuba ngo iyi kipe yarahinduye ibyo bari bumvikanye.

Hari amakuru yavugaga ko uyu mukinnyi muri uku kwezi kwa Mutarama yagombaga kongera gusubira Saudi Arabia , icyakora kugeza kuri ubu akaba yamaze gusinya amasezerano yo gukinira Kiyovu Sports mu gihe cy’imyaka 2.

Aimable yari yasinyanye amasezerano na Kiyovu Sports yo kuyikinira imikino ibanza ya shampiyona .

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Salumu kanakuze
1 year ago

Nawe ni umuswa nuko ntakindi twakora

Ifoto ya Shaddy Boo akiri umwana yatumye abakoresha Imbuga Nkoranyambaga bacika ururondogoro kubera ukuntu yasaga

Ibyari ibyishimo byari bihindutse urupfu ubwo abakobwa 6 bagwiraga mu mwobo icyarimwe