in

Ibyari ibyishimo byari bihindutse urupfu ubwo abakobwa 6 bagwiraga mu mwobo icyarimwe

Abakobwa bo mu gihugu cya Brazil bari mu birori byo kwishimira isabukuru bari kubyina bizihiwe ,baje kwisanga baguye mu mwobo cyakora Imana ikinga akaboko.

The New York Post ivuga ko aba bakobwa bakoreraga ibirori by’isabukuru mu rugo rwa nyirakuru w’umwe muri bo ruherereye mu mujyi wa Alogoinhas  , icyakora ngo ubwo barimo babyina imwe mu ndirimbo zigezweho mu gihugu cya Portugal yitwa ” Tem Cabare Essa Noite” ngo baje kwisanga baguye mu cyobo

Uwitwa Gabriela Carvalho w’imyaka 38 wari muri ibi birori yavuze ko barimo babyina ariko ntawuzi neza ko bari kubyinira hejuru y’umwobo  ,icyo bumvise ari ukwisanga baguye mu mwobo gusa.

Icyakora ku bw’amahirwe ntago wari  umwobo munini ,ndetse  ntawigeze akomereka bikabije cyangwa ngo hagire uwitaba Imana.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru meza ku bakunzi ba Kiyovu Sports

Rayon Sports yateye intambwe ikomeye yo gusinyisha rutahizamu ugiye kuzajya ahembwa umushahara ukubye uwa Heritier Luvumbu inshuro ebyiri