in

Amakuru mashya kandi meza ku ruganda rutunganya isukari rwa Kabuye rwari rumaze amezi agera muri atatu rufunze

Uruganda rukomeye hano mu Rwanda rutunganya isukari rwa Kabuye rwari rumaze amezi agera muri atatu ruhagaritse ibikorwa byarwo byagateganyo rwongeye gufungura imiryango.

Uru ruganda rwari rwarahagaritse ibikorwa byarwo kubera imyuzure yari yaribasiye imirima ikurwamo ibisheke bivamo isukari biherereye mu bice bya Nyabarongo.

Benshi bishimiye iyi nkuru kuko byagaragayeko ifungwa ry’uru ruganda byatumye ibiciro bizamuka ariko ubu igiciro kibaba cyaragabanyutse cyane.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Byeruye Kylian Mbape muri Real Madrid

Gasabo -Jali habereye ubwicanyi buteye ubwoba