in

Amakipe yo mu Rwanda aracyagorwa, Byiringiro Lague azajya i Burayi nyuma y’umukino azahatanamo na mukeba wa APR FC

Rutahizamu wa APR FC Byiringiro Lague yavuze ko azajya i Burayi mu kwezi kwa Gashyantare uyu mwaka mu ikipe ya Sandvikens IF yamaze kumvikana ya APR FC.

Mu kiganiro yagiranye na Kigali Today dukesha iyi nkuru Byiringiro Lague w’imyaka 22 y’amavuko yavuze ko azajya muri Suwede tariki 15 Gashyantare 2023.

Uyu musore uri mu bakinnyi ngenderwaho b’ikipe ya APR FC, ubu akomeje kwitegura imikino ya shampiyona doreko azerekeza mu ikipe ya Sandvikens IF isanzwe ikinamo Yannick Mukunzi nyuma y’umukino ikipe ye ya APR FC izakina na Rayon Sports tariki 12 Gashyantare 2023 i Huye.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ifoto y’umunsi: Reba ifoto ya Mukansanga Salima ari kumwe n’umuyobozi wa FIFA yakoze ku mitima y’abanyarwanda batari bake

Umusore w’umunyarwanda yasinyiye ikipe ikomeye mu Bufaransa