in

NdabikunzeNdabikunze

Amagambo akomeye Papa Sava yabwiye Meddy kubera indirimbo ye.

Umuhanzi Ngabo Meddy uherutse gushyira hanze indirimbo ye nshya yitwa Queen of Sheba igahita yuzuza miliyoni y’abayirebye mu gihe kitageze no ku cyumweru, yabwiwe amagambo meza na Niyitegeka Gratien uzwi nka Papa Sava.

Ubwo iyi ndirimbo yuzuzaga miliyoni y’abayirebye kuri shene ya Youtube, Niyitegeka Gratien yahise yandikira Meddy amagambo yuje ubuhanga ariko amwifuriza ibyiza cyane ariko anatebya.

Papa Sava yagize ati:”@Meddy jya mbere nyaguhirwa,jya mbere nyakubyara!Gaheke imfura n’ubuheta!Positive character in real life is very important!ntegereje kubona uri kwihisha madamu urya ikintu yahuzwe!umufasha akuriwe!Wagize ubwoba igihe bakubwiye ko agiye kubyara uri ku kazi ukamushyira indabo uririmbira ikibondo,ukatwereka urera ikibondo,wigisha umwana umujyana ku ishuli(serial songs)kandi zigisha .ABABIRIMO BOSE BAZAGUFASHE.Komeza utere imbere muvandi!!”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Maitre Nzovu asutse amarira kubera ubuhemu bwa Rocky Kirabiranya(Video)

Ibihugu 5 bya mbere bifite abantu bagufi ku isi