in

AMAFOTO: Kajala akomeje kwerekana ko aticuza kuba yaratandukanye na Harmonize, ubuzima buraryoshye

Umushabitsi mu gukina filime uzwi ku mazina ya Kalaja wagacishijeho mu rukundo na Harmonize bakaza gutandukana inshuro ebyiri kuri ubu ibyishimo nibyose.

Umwaka wa 2021 wasize bwa mbere Frida Kajala na Harmonize biyemeje gutandukana, impamvu nyamukuru yo gutandukana kwabo ikaba ari uko uyu muhanzi yifuzaga gutunga Frida n’umukobwa we Paula Kajala.

Ibi byaje kurangira nabi baratandukana, gusa umutima wa Harmonize ukomeza kumukunda dore uyu mugore nubwo amurusha imyaka ariko kubimenya byagorana kuko agitemba itoto bityo kumwibagirwa byaramugoye.

Uyu Kajala akomeje kwerekana ko anyuzwe n’ubuzima abayemo nyuma yo gutandukana na Harmonize dore ko yigeze kugaragaza amafoto asa nkaho arikumwe nundi musore mu bwato

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Lionel Messi yamaze amatsiko y’abafana ba Fc Barcelona bifuza ko yagaruka muri iyi kipe yamureze

Rwatubyaye Abdul yahawe gasopo n’umutoza wa Rayon Sports nyuma yo gusaba ibidashoboka