in

Shaddy Boo yapanze abakinnyi 10 b’ibihe byose mu ikipe y’igihugu Amavubi nyuma yo kutemeranya na Jimmy Gatete wapanze11 b’ibihe byose kuri we

Mu gitondo cyo kuri uyu Gatatu tariki 8 Gicurasi 2024, nibwo Jimmy Gatete wabaye rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi yagiranye ikiganiro na Radio Rwanda mu Rubuga rw’imikino.

Mubyo Jimmy Gatete yatangaje, yasabwe gupanga abakinnyi 11 b’ibihe byose ba

Izamu: Murangwa Eugene

Abinyuma: Katauti Ndikumana, Sibo Abdul, Kalisa Claude na Bizagwira Leandre

Abakina hagati: Witakenge, Olivier Karekezi, Jimmy Mulisa.

Abataka; Gatete Jimmy, Kabongo Honore , Desire Mbonabucya.

Shaddy Boo abinyujije ku rukuta rwe rwa X, yatangaje ko atemeranya na Jimmy Gatete, maze ahita apanga abakinnyi be abona b’ibihe byose.

Yagize ati “Uyu ntabwo aza muri top 10 ba BestPlayer ba AMAVUBI . Ahubwo umenya yaratanze amafaranga yo KWAMAMAZWA cyane gusa .

1) Olivier Karekezi

2)Mbonabucya Desire

3) Jean-Claude Ndoli

4) Saïdi Abédi Makasi

5) Henri Munyaneza

6) Hamad Ndikumana(Katawuti)

7) Haruna Niyonzima

8) Jean-Claude Iranzi

9) Henri Munyaneza

10) Mbuyu ‘Eric Gasana’ Twite

Aba nibo batanze iby’ishimo mumavubi.”

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru mashya ku banyeshuri 16 b’i Muhanga bakoze impanuka ubwo bari bagiye gukina imikino y’irushanwa ‘Amashuri Kagame Cup’

Imikino : Avugwa kw’isoko ry’igura ni gurisha I burayi.