in

Imikino : Avugwa kw’isoko ry’igura ni gurisha I burayi.

• Ikipe ya Chelsea FC na Palmeiras ibiganiro bigeze kure ku musore muto w’imyaka 18 witwa Estal william.
Mu masezeraho harimo agera kuri miliyoni 55 za mayelo mu gihe chelsea ishaka gutanga hagati ya 25 na 33 za mayelo.

• Manchester United yiteguye kuganiriza ikipe ya crystal palace ngo babe bakumvikana ku kugura  Michael Olise.

• Ikipe ya Manchester United iravugwamo umutoza Hansi Flick ukomoka mu Budage ngo abe ariwe uzaba umutoza wayo mukuru sezo itaha.

• ikipe ya Tottenham irashaka gusinyisha umusore ukina muri RB Leipzig witwa Dani Olmo imutanzeho €60m.

• RB Leipzig yashyize kw’isoko Umukinnyi wayo Xavi Simons ivuga ko ikipe imwifuza yazatanga asaga miliyoni €60M

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Shaddy Boo yapanze abakinnyi 10 b’ibihe byose mu ikipe y’igihugu Amavubi nyuma yo kutemeranya na Jimmy Gatete wapanze11 b’ibihe byose kuri we

Umuhanzi The Ben yasubije umunyamakuru wamubajije ibyo kuba umugore we Pamella atwite