in

Umuhanzi The Ben yasubije umunyamakuru wamubajije ibyo kuba umugore we Pamella atwite

Ku munsi wejo hashize umuhanzi The Ben uri mu bakunzwe cyane hano mu Rwanda yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru, yabajijwe ibibazo byinshi bitandukanye ndetse nawe asubiza byinshi.

Bimwe mu bibazo yabajijwe, yanabajijwe niba we nk’umuntu umuze igihe gito akoze ubukwe, we n’umugore we Pamella baba bitegura kubyara cyangwa hazategerezwa ikindi gihe.

The Ben mu gusubiza iki kibazo yabanje kujijinganya avuga ko ibyo ari ibintu byihariye by’umuntu ku giti cye (private), ariko agisubiza avuga ko igihe k’Imana kitaragera kandi icyo Imana yapanze kidahinduka.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imikino : Avugwa kw’isoko ry’igura ni gurisha I burayi.

“Njyewe ndi muzima” Imbamutima za Hakizimana Silas washyinguwe ku wa Mbere maze bukeye ku wa Kabiri agaragara mu ruhame – VIDEWO