in

Akumiro:Shugamami yapfuye nyuma yo kumara ijoro ryose atera akabariro n’umusore muto.

Mu gihugu cya Zimbabwe haravugwa urupfu rw’umugore wari Shugamami (Sugar Mummy) wapfuye nyuma yo kumara ijoro ryose akora imibonano mpuzabitsina n’umusore muto wari wamutahanye iwe.

Uyu mugabo n’umugore witwa Siphilisiwe Nokomo wakoraga umwuga w’uburaya akaryamana n’abasore bakiri bato, inkuru banditsweho na Browngh, ivuga ko umugabo ukekwaho kuba yaragize uruhare mu rupfu rw’umugore yagejejwe mu maboko ya Polisi. Amakuru avuga ko umugabo n’umugore bari mu rukundo rwa rwihishwa niko kuza kurara ijoro ryose bakora imibonano mpuzabitsina bikarangira umugore ahasize ubuzima.

Uyu mugore, ufite imyaka 41, yapfuye nyuma y’amasaha menshi akora imibonano mpuzabitsina ya marathon i Mpopoma, umujyi muto hafi ya Buwalayo muri Zimbabwe.

Impamvu y’urupfu rutunguranye rw’umugore wapfuye ntiramenyekana ariko abapolisi basobanuye ko bategereje ibisubizo by’ibizamini bya post de Sante yitwa Mortem bizakorerwa kuri nyakwigendera kugira ngo bibafashe mu iperereza ryabo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Messi atangaje byinshi kuri FC Barcelona anahishura igihe azafatira icyemezo cyo kuyivamo

Dore ibizakubwira ko umukobwa agukurikiyeho amafaranga utunze gusa|ntarukundo agufitiye.