in

Akumiro n’amavunja: Umugabo ageze kure ibikorwa byo kwitegura kwibaruka umwana we wa mbere

Umugabo witwa Ja Mel wihinduje igitsina akaba abana n’umukunzi we w’umugabo witwa  Alphonso Mills wo muri Leta zunze Ubumwe z’Amerika aritegura kwibaruka imfura ye hamwe n’umugabo we babana bahuje igitsina akaba ari nkuru idasanzwe mu mitwe ya benshi.

Uyu mugabo wihinduye umugore witwa Ja Mel Ware hamwe n’umukunzi batangaje ko batangiye gufata ibini bisanzwe bifatwa n’ababana bahuje ibitsina mu mwaka wa 2021 ndetse na 2022 ubwo uyu Ja Mel yavuze ko nta miti ihambaye ihabwa umuntu wibagishije ibice by’umubiriwe   kugira yitabweho.

Ja Mel Ware avuga ko kwihinduza ibice by’umubiri we zari inzozi ze kandi ngo ni kimwe mubintu byamushimishije cyane kurusha ibindi ubu Leta ya Antia atuyemo imufata nk’umwe mubabyeyi bafite bitegura kwibaruka.

Ja Mel Ware asaba abantu guha agaciro abandi bagabo batwite ndetse avuga ko umwana yitegura kubyara azamwita Sea Cannon.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Baranasa! Hamenyekanye amagambo abavandimwe bonse rimwe baganiye ubwo umwe ikipe ye ya Police FC yari imaze kunyabika APR FC ibitego 2-1 – AMAFOTO

Mu minota 15 gusa amaso ahita ahinduka nk’ayinyana: Menya uburyo bworoheje wakoresha cocombre ukagira amaso y’umweru mu gihe gito