in

AGASHYA: Umusore yamatanye n’umugore w’abandi bananirwa gutandukana ubwo bateraga akabariro.

Umugore usanzwe afite umugabo ubwo yasambanaga n’umusore bakundanaga, bamatanye, bananirwa gutandukana kugeza ubwo bavugije induru abantu barahurura.

Abantu bari bahuruye baje kwirebera ibyabaye.
Uyu musore n’umugore bo muri Nigeria ngo basambaniraga muri Hoteli (Explor-Inn Hotel) yo muri iki gihugu, ndetse ngo basakuje basaba ubufasha, imbaga y’abantu uhurura igiye kwirebera ibyabaye nk’uko ikinyamakuru Afrikamag cyabyanditse.

Abatabaye aba bantu ngo babasohoye muri hoteli babanza kubarekera ku muhanda aho abantu bari babashungereye nyuma bahakurwa bajyanwa ku muvuzi wa gakondo wabakoreyeho imihango baratandukana.

Bikekwa ko umugabo w’uyu mugore ariwe wakoresheje amarozi kugira ngo umugore we yakekagaho kumuca inyuma azamatane n’uwo basambana.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amwe mu makosa abahungu banga urunuka iyo akozwe n’abakunzi babo.

Ibyiza n’ingaruka mbi kurya urusenda bigira ku buzima bw’umuntu.