in

Abapfu ntibakibasha kubyina! Birababaje cyane ibyo uno mugabo yakoreye hejuru y’imva z’abapfuye

Mu gihe abandi bishimiraga umwaka mushya wa 2023 mu miryango yabo ,cyangwa mu nsengero zitandukanye bitewe n’imyemerere yabo , umugabo yatunguranye abyinira indirimbo ziri mu njyana y’amapiano hejuru y’imva z’abapfuye.

Umugabo witwa Mojazz B wo mu gihugu cya Africa y’Epfo yatunguye benshi ubwo yabyiniraga hejuru y’imva z’abapfuye yarangiza akabishima hejuru avuga ko bo batakibasha kugira icyo bishimira na kimwe mu bizima.

Uyu mugabo wifashe amashusho y’amasegonda 30 akayashyira ku rubuga rwa tiktok, yakoresheje indirimbo z’amapiano ,injyana isanzwe ikunzwe muri Africa y’Epfo , maze yigira nk’umuhanzi uri kuririmbira abakunzi be bitabiriye igitaramo.

Uyu mugabo wabyinaga izi ndirimbo ubona ashishikaye ndetse abivanga no kurya yageze aho akoresha ijambo ryanababaje benshi , agira ati: “the Crowd is dead” ijambo rikoreshwa mu cyongereza iyo umuhanzi ari kurubyiniro aririmbira abakunzi be ariko batari kubyinana nawe cg ngo babashe kugira uko banyeganyega .

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rwanda: umunyamakuru yatewe amabuye bikomeye

Mu gahinda kenshi cyane Perezida wa Rayon Sports aratakambira FERWAFA kugirango igire icyo ikora