in

Abantu bikanzemo: Cristiano Ronaldo na Sadio Mané batsinze akavagari k’ibitego gusa ibyo rutahizamu Cristiano Ronaldo yatsinze byo byatumye abantu bongera kumusubiza icyubahiro cye yahoranye

Abantu bikanzemo: Cristiano Ronaldo na Sadio Mané batsinze akavagari k’ibitego gusa ibyo rutahizamu Cristiano Ronaldo yatsinze byo byatumye abantu bongera kumusubiza icyubahiro cye yahoranye.

Ikipe ya Al-Nassr ikinamo rutahizamu wa mbere ku Isi Cristiano Ronaldo ndetse n’umunya Senegal Sadio Mané yanyagiye ikipe ya Al-Fateh ibitego bitanu byose ku busa byatsinzwe n’abakinnyi babiri aribo Sadio Mané na Cristiano Ronaldo.

Cristiano Ronaldo yahiriwe n’umukino cyane dore ko yongeye kwibutsa abakunzi b’umupira w’amaguru ko ari we mukinnyi wa mbere mu gutsinda ibitego bitatu icyarimwe ibizwi nka ‘Hat tricks’ mu ndimi z’amahanga.

Umunya Portugal Cristiano ubwo yatsindaga Al-Fateh yahise yuzuza ‘Hat tricks’ ye ya 63 amaze gutsinda mu rugendo rwe rwa ruhago.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Barangajwe imbere na Bosi wa Kigali Boss Babies na Perezida, abakunzi ba Rayon Sports bitwikiriye ijoro bajya kwishimira ibyo abandi bavunikiye ndetse bahatangira amamiliyoni atagira ingano kugeza n’aho Kigali Boss Babies bizinguye amamiliyoni bayaha Murera (AMAFOTO)

“Ariko Murungi Sabin nuko umuntu akugira inama ukarakara naho iyi mico imbere y’abana si myiza pee”: Ifoto y’umugabo wacunze abana baryamye ubundi agatangira kwataka ibiryo byari byasigaye ikomeje kuvugisha benshi -IFOTO