in

Abantu benshi batangaye babonye umukobwa w’imyaka 10 utwite inda y’imvutsi.

Abantu batandukanye batangajwe cyane n’umwana w’umukobwa ufite imyaka 10 ariko akaba atwite inda nkuru kuburyo ari hafi kwibaruka.

Amakuru avuga ko uyu mwana akomoka mu mujyi wa Soweto muri Afurika y’Epfo. Ifoto y’uyu mwana utwite yasakaye ku mbugankoranyambaga abantu baratungurwa,Nta makuru menshi agaragaza amazina ahari ariko bivugwa ko ari hafi kubyara kuko inda ye ni imvutsi.Abakoresha imbuga nkoranyambaga batangaye cyane bakibaza uwaba yarateye inda umwana ugana gutya ,abandi bakavuga ko uwabereka ababyeyi be babahata ibibazo byinshi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Tangira ukoreshe inyanya muri ubu buryo maze urebe ngo uragira isura nziza.

Abanyeshuri b’abahungu n’abakobwa bafotowe bari mu bikorwa bitashimishije ababyeyi(Video)