in

Abantu barenga miliyoni 7 mu gihugu bafite ubwandu! Ubushakashatsi bwagaragaje ko muri Africa hari igihugu gifite abantu barenga miliyoni 7 bafite ubwandu bw’Agakoko gatera Sida

Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo Human Sciences Research Council bwagaragaje ko muri miliyoni zirenga 59 z’abaturage batuye Afurika y’Epfo, abagera kuri 12,7% babana n’Agakoko gatera Sida.

Ubu bushakashatsi bwashyizwe hanze kuri uyu wa Mbere bugaragaza ko ubwandu bw’Agakoko gatera Sida muri iki gihugu bwagabanutse kuko mbere bwari buri ku ijanisha rya 14% by’abatuye Afurika y’Epfo bose.

Ubushakashatsi nk’ubu bwaherukaga gukorwa mu myaka itanu ishize, ari nabwo byagaragaye ko Abanya-Afurika y’Epfo 14% babana n’Agakoko gatera Sida.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yahuye y’umwana na nyina! Umuhanzi w’icyamamare mu Burundi, Mista Champagne yahuye na Farida Kajala akunda kubi ndetse n’umukobwa we – AMAFOTO

Imitima ikomeje kuba myinshi ku mutoza Carlo Ancelotti yibaza aho yerekeza