in

Abakunzi ba Bugesera FC baguye mukantu bakibona ibyo umutoza uri guhabwa amahirwe yo kuyitoza yakoze

Kuri uyu wa kabiri nibwo umukino wa Reyon sport na Musanze wari warasubitswe waje gukinwa ku kibuga cya Muhanga haje kugaragaza umwe mu batoza bari guhabwa amahirwe yo gutoza ikipe ya Bugesera FC yambaye imyambaro ya Reyon sport.

Karekezi Oliver na Eric Nshimiyimana ni abatoza bari guhabwa amahirwe yo gutoza ikipe ya Bugesera FC yirukanye uwari umutoza wayo kurubu ikaba iri kurambagiza abatoza ba biri ngo irebeko hagira uyifasha mu mikino yo kwishyura.

Karekezi Oliver yagiye kureba umukino wahuzaga ikipe ya Reyon sport na Musanze FC waje kurangira ikipe ya Reyon sport inyagiye Musanze FC ibitego 4 kuri 1.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Meddy yagize icyo avuga ku mwana bikekwa ko ari uwe 

Inkuru ishimishije ku buyobozi bwa APR FC no ku bafana bayo bari bamaze igihe bafite imitima ihagaze