in

Abakundana gusa! Ibintu bizakwereka ko mumeze nka bantu bakiri mu kwa buki nubwo mwaba mumaranye imyaka 5 mubana

Abakundana gusa! Ibintu bizakwereka ko mumeze nka bantu bakiri mu kwa buki nubwo mwaba mumaranye imyaka 5 mubana.

Ni kenshi cyane uzabona couple zitandukanye z’abashakanye bamaranye igihe kinini ariko bameze nk’abantu bamaranye ukwezi kumwe gusa.

Rero Dore bimwe mu bintu bizaguhamiriza ko wowe n’umukunzi wawe mumeze gutyo cyangwa se indi couple imeze gutyo.

1.Ntimurarwana narimwe kabone niyo mwaba mwarigize gutonganaho.

2. Iyo mutonganye bimara akanya gato cyane buri umwe agahita atangira gusaba undi imbabazi kabone niyo yaba atariwe wakosheje.

3. Mubona akanya kanini ko gusohokana mukajya kurya ubuzima.

4. Muba mugiharaye kwambara imyenda isa ndetse no kurimba cyane, dore ko iyo mugiye mu kirori mudasigana.

5. Mumara igihe kinini museka, mureba filime, cyane cyane iz’urukundo.

6. Iyo mubanye gutyo care mutanga hagati yanyu ntizijya zipfa kugabanuka.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu mugire inama: Umunyarwenya Rusine Patrick yeruye agisha inama abakunzi be nyuma y’ibintu bikomeye yatangiye abafata nk’ibisanzwe none bikaba byararangiye bimubanye ingeso

Yasohowe nk’imbwa kwa Nyirasenge? Umuhanzi Angel Brain waraye muri kandagira ukarabe yanyuze mu nzira zitoroshye