in

Abakinnyi 11 Haringingo Francis arakinisha bashobora kumugumisha ku gikombe cyangwa akakivaho burundu

Kuri uyu wa gatandatu ikipe ya Rayon Sports irakina na Rwamagana City mu mukino w’umunsi wa 24 utarabereye igihe.

Abakinnyi Bose b’ikipe ya Rayon Sports bajyanye, nubwo byavugwaga ko Joachim Ojera yavunitse ariko bose bashobora kugaragara kuri uyu mukino nta n’umwe ubuze.

Abakinnyi 11 ikipe ya Rayon Sports irabanza mu kibuga uyu munsi

Mu izamu: Bonheur

Ba Myugariro: Rwatubyaye Abdul, Ganijuru Ellie, Ndizeye Samuel, Mucyo Didier

Abo hagati: Rafael Osaluwe, Eric Ngendahimana, Hertier Luvumbu

Ba rutahizamu: Leandre Willy Essomba, Moussa Essenu, Iraguha Hadjii

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uwicyeza Pamela yatangiye gutozwa imirimo y’abanyarwandakazi b’umuco – VIDEWO

Kicukiro: Habereye igitangaza nka kimwe mu byo Umwana w’Imana Yesu Kristu yakoraga – AMAFOTO