in

Abagize itsinda rya P-square bapfukamye basaba imbabazi abafana (Amafoto )

Peter na Paul Okoye bagize itsinda rya P-square basabye abafana babo n’abantu bose kw’isi kubabarira ku bwo gutandukana kwabo.

Itsinda rya P-square ryatandukanye muri 2017 kubera kutumvikana kwaje mu muryango wabo.

Ariko aba bavandimwe basubiye hamwe mu byumweru bishize ubwo bizihizaga isabukuru y’imyaka 40 mu mahoro.
Mbere yo gutaramira abakunzi babo mu gitaramo cya Livespot X Festival cyabereye i Lagos mu ijoro ryakeye,P-square babanje gupfukama basaba imbabazi abafana babo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rinda amenyo yawe wubahiriza ibi bintu byihuitirwa.

Ibintu umusore wese akwiye guhisha burundu umukobwa bakundana||bishobora kubatanya.