Cristiano Ronaldo avuga kuri Al Nasser ikipe ye akinira ndetse no kuri shampiyona ya Saudi Arabia, yemeza ko ari shampiyona nziza cyane ndetse yanamutunguye.
Yagize ati ” iyi ni shampiyona irimo ihangana rikomeye cyane, ntago ari nkiya bongereza (premier league), ariko ni shampiyona yanteye gutungurwa cyane, ntekereza ko bakomeje gushyiramo Imbaraga nkizo bashyiramo ndetse bagakomeza na gahunda bafite mu myaka 6,7,8 irimbere izaba ari shampiyona nkiya 4 cyangwa 5 Ku Isi”
Uyu Mugabo ntiyigeze atangaza kuhazaza he niba azava muri Al Nasser cyangwa azayigumamo gusa igihari cyo nuko acyiyifitiye amasezerano atararangira.