in

Abafana ba APR FC bashyizwe igorora ku kibuga cyabo i Shyorongi nyuma y’imyaka 4 yarishize

Uretse gutwara shampiyona adatsinzwe, kwiyemera, guhangana n’itangazamakuru, umunya-Maroc Adil Erradi Mohammed ikindi abakunzi ba APR FC bazahora bamwibukiraho ni ukuba bari bamaze imyaka 3 n’igice batemerewe kureba imyitozo y’iyi kipe.

Ubuyobozi bwa APR FC bwamaze kumenyesha abakunzi b’iyi kipe ko ubu bahawe ikaze kuri Stade Ikirenga i Shyorongi aho iyi kipe ikorera imyitozo bakajya bakurikirana imyitozo yayo umunsi ku munsi.

Ibi byakiriwe neza n’abakunzi biyi kipe kubera ko hari hashize igihe kinini batazi imyitozo ya APR FC ukwisa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Barararanye! Ibyari byaragizwe ibanga ku guhura kwa Harmonize na Yolo The Queen muri Hotel – AMAFOTO

Habuze gato ngo isi irangire: Ikibuye cyavuye mu isanzure habura gato ngo kigonge isi – VIDEWO