in

Zuchu mu marira n’ikimwaro, yavuze ku gitaramo yateguye muri America kikitabirwa n’abantu 48

Nkuko uyu muhanzikazi yabyanditse yavuzeko yababaye cyane kuko bitagenze nkuko yari yabiteguye mugihe yumvaga ko afite abafana benshi muri Amerika ariko abona abantu 48 gusa.

Yagize ati : “Nkumuhanzi, ntabwo nigeze nigeta ibihe nkibi. Igitaramo cyanjye muri Houston nticyagenze nkuko byari byateganijwe.”

Zuchu yavuzeko ibyamubayeho byamurijije ariko yemezako gutsindwa byamuhaye imbaraga zo gukora cyane kugirango azagire byinshi atanga mugihe kizaza.

Uyu muhanzikazi yashimiye  abantu 48 bitabiriye igitaramo cye.

Igitaramo kizakurikira kizaba ku ya 24 Ugushyingo i Seattle, ku ya 26 Ugushyingo DMV na 2 Ukuboza muri Dallas Texas.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gasabo:bikomeje gutera benshi urujijo ukuntu umwana w’imyaka 11 yiyahuye, umwana yasanzwe amanitse mu kagozi

Umusaza w’imyaka 68 wiyita ‘Yesu’ yasubiye mu masiganwa ya marathon yambaye imyenda ikomeje gutangaza benshi(ifoto)