in

Gasabo:bikomeje gutera benshi urujijo ukuntu umwana w’imyaka 11 yiyahuye, umwana yasanzwe amanitse mu kagozi

Bikomeje gutera benshi urujijo ntibyumvikana ukuntu umwana w’imyaka 11 yiyahura, uyu mwana yasanzwe amanitse mu kagozi.

Umwana w’umuhungu w’imyaka 11 wo mu Murenge wa Jabana mu Karere ka Gasabo, yasanzwe mu cyumba yararagamo yapfuye amanitse mu mugozi, aho bikekwa ko yiyahuye, Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye ku Cyumweru tariki ya 20 Ugushyingo 2022.

Nkuko byatangajwe byavuzwe ko Bamusanze amanitse ku buriri yararagaho kuko icyumba bararagamo n’abavandimwe be cyari gifite ibitanda bigerekeranye.

Papa we yavuze ko nta kibazo na kimwe umwana yari afite, Umurambo wa nyakwigendera wajyanywe mu buruhukiro bw’Ibitaro bya Kacyiru.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi wa Rayon Sports ari kugarukwaho na benshi nyuma y’amakosa akomeye yakoze agatuma iyi kipe ibura intsinzi

Zuchu mu marira n’ikimwaro, yavuze ku gitaramo yateguye muri America kikitabirwa n’abantu 48