in

Yongeye kurongorwa se kandi? Umuherwekazi Zari Boss Lady yagaragaye aberewe mu myambaro y’abageni maze bishyira benshi mu rujijo (VIDEWO)

Umuherwekazi Zari Boss Lady yagaragaye aberewe mu myambaro y’abageni maze bishyira benshi mu rujijo.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, yasohoye amashusho ari mu modoka ye yambaye imyambaro imenyerewe ku bageni.

Aya mashusho yashyize benshi mu rujijo aho bibaza niba yaba yarongowe gusa hari abandi bari kuvuga ko ari kamwe mu gace ka filime yahuriyemo na Diamond Platnumz.

Uyu muhanzikazi ukunzwe cyane mu Rwanda aherutse kwiyama uwahoze ari umugabo we Diamond Platnumz, aho yamubwiye ko atakimukeneye.

Zari ari mu munyenga w’urukundo n’umugabo we baherutse no kurushinga.

VIDEWO

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ni ibizungerezi gusa! Ibyamamare nka Shaddy Boo na Teta Sandra bari guhatanira ibihembo n’abandi bakobwa by’uwahize abandi mu kugaragara mu mashusho y’indirimbo nyarwanda – AMAFOTO

Inkiko nazo zemeye: Wa mugabo wiyise Yesu aranze aba Yesu koko