in

Yolo The Queen ubwo yashyiragaho igiciro gihanitse ku muntu wifuza nimero ya telephone ye, abantu benshi batangiye kumwishyura amamiliyoni

Umunyamideli w’imiterere ikurura abatari bacye uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka  Yolo The Queen, yatangaje ko uyu umwaka wa 2023 nimero ya telefone ye kuyibona ari ukwishyura.

Yolo yasangije abamukurikira ubutumwa bw’uwamusabaga nimero kandi amugaragariza ko yiteguye kumwishyura ngo azimuhe ndetse yifuza kumenya igiciro.

Nyuma Yolo The Queen yahise agaragaza igiciro ko ari ibihumbi 500Frw maze abantu bamukunda batari bacye bahita batangira kwishyura dore ko hari n’abarengeje bageza ku 900,000Frw abandi nabo batanga 500,000Frw ku buryo yahise abona miliyoni 2.6Frw.

Muri ayo mafaranga yahawe, Yolo The Queen yahise atangamo miliyoni 1.5Frw ku muntu wari waramugejejeho ikibazo akamwemerera ko azamufasha.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hari imeze nk’isatura, Amafoto ya bimwe mu bibumbano by’inka uturere twakoze utamenya ubwoko bwabyo

Ivana Knoll wamamaye mu gikombe cy’isi yasubije uwamubajije niba ashobora gutangira gukina filime z’urukozasoni