in

Hari imeze nk’isatura, Amafoto ya bimwe mu bibumbano by’inka uturere twakoze utamenya ubwoko bwabyo

Muri iyi minsi hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kwiganza ibishushanyo by’inka tumwe mu turere dushushanya kugira ngo dukurure abaza kudusura.

Hari akarere ka Kayonza, Gakenke ndetse na Nyabihubu ni tumwe mu twigaruriye imbuga nkoranyambaga kubera Inka bashushanuije ariko ziteye agahinda.

Tumwe mu turere twahise dutegeka ko izo nka bazihanura bakazivanaho kubera ko abantu nabikoraga wagira ngo babaga barimo bakinira kuri icyo gishushanyo.

Dore izo nka utwo turere twgiye tubumba;

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yebaba wee million 200 ziravahe koko; kariyeri ya Bruce melody ishobora kuba irangiriye aha 

Yolo The Queen ubwo yashyiragaho igiciro gihanitse ku muntu wifuza nimero ya telephone ye, abantu benshi batangiye kumwishyura amamiliyoni