in

Yishyuye akayabo k’amafaranga kugirango yitandukanye n’ibibazo by’abantu yibere ikirura

Umuyapani w’imyaka 32 Toru Ueda , yishyuye amafaranga agera kuri miliyoni 3 zama Yen ,ni ibihumbi 23,000 by’amadolari ,akaba miliyoni 24, n’;ibihumbi 863,230 mu manyarwanda kugirango gusa ngo yitandukanye n’ibibazo by’abantu ntagire aho ahurira nabyo.

Aganira n’ikinyamakuru Uk Times dukesha iy’inkuru , Toru Ueda  yavuze ko iyo yambaye umwambaro ukozwe mu ishusho y’ikirura yakorewe , aba yumva atakiri umuntu nk’abandi  ndetse adafite ikimuhuza nabo , yaba ibibazo mu kazi  n’ibindi byamuhuza n’abantu.

Umwambaro ukozwe mu ishusho y’ikirura , Ueda yawukorewe na kompanyi (company) ya Zeppet isanzwe ikora imyambaro imeze neza nk’iyo Ueda yashakaga ariko ikifashishwa mu gukina filime no mu biganiro kuri televiziyo.

Ueda utamwitegereje neza ushobora gutekereza ko ari ikirura
Ueda utamwitegereje neza ushobora gutekereza ko ari ikirura

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu wa Arsenal Gabriel Jesus ari gufatanya imvune n’agahinda yatewe n’umugore we

Nimero ya mbere ku isi muri Basketball LeBron James yahishuye ikipe yihebeye yo mu Bwongereza