in ,

Rutahizamu wa Arsenal Gabriel Jesus ari gufatanya imvune n’agahinda yatewe n’umugore we

Rutahizamu ngenderwaho mw’ikipe ya Arsenal  uherutse kujya mu mvune ari mw’ikipe y’igihugu ya Brasil ubu ari mu bihe bye bibi kuko yatandukanye n’umugore we bari bamaze amezi 8 babyaranye umwana.

Raiane yanditse ku rukuta rwe rwa  Instagram ati: “Mbere yuko amazimwe akwirakwira, nanjye ubwanjye ntanze igitekerezo cyo kubamenyesha ko njye na Gabriel tutakiri mu rukundo.

Nyuma yiyi nyandiko, ubuzi ko utazongera kumbona mvuga kubyo twanyuzemo, cyangwa kubintu byose bifitanye isano numukobwa wacu. “Ntabwo byari ubuhemu, ahubwo byari igitutu cya buri wese na byose. “Twabanye neza, ariko kubera ibibazo by’abandi, buri gihe byatugeragaho. “Sinshobora kongera kwifata, kandi ntabwo ngiye kwihatira ikintu kinyica.”

Uyu mukinnyi wa Arsenal yashyizwe ku ruhande kuva yakomereka mu ivi ubwo yari ahagarariye Brezil mu gikombe cyisi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Cristiano Ronaldo amaze gukina iminota 180 atarabona igitego muri shampiyona ya Saudi Arabia

Yishyuye akayabo k’amafaranga kugirango yitandukanye n’ibibazo by’abantu yibere ikirura