in

Yaberekaga uko batinga! Umwarimukazi yatawe muri yombi azira kwigisha abana ubutinganyi

Umwarimukazi w’umutinganyi yatawe muri yombi na Polisi aho akurikiranyweho kwigisha abanyeshuri ingezo y’ubutinganyi.

Yatawe muri yombi nyuma no kuregwa n’umugore wagiye gutanga ikirego kuri Polisi avuga ko uwo mwarimukazi kuva yamugira umugore we ngo ntabwo amuha ibitunga urugo ahubwo amafaranga ayashora mu bakobwa baba nyeshuri bakiri bato.

Mu kwisobanura kuri Polisi, uyu mwarimu yavuze ko uwo mugore ya muhaye igishoro ngo acuruze imbaho hanyuma amafaranga akayirirara.

Ibi kandi byabaye nyuma y’uko ababyeyi barererwagwa n’uyu mwarimukazi bigaragambije basaba ko abana babo batakomeza kurerwa n’uwo mwarimu.

Abo bana baba kobwa ashora mu butinganye ngo abashukisha Amshilingi 3400

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ibintu 5 bizakwereka ko EX wawe ashaka ko musubirana

Inkuru y’inshamugongo; Kigali habereye impanuka y’igare ihitana umwana w’umunyeshuri