in

Dore ibintu 5 bizakwereka ko EX wawe ashaka ko musubirana

Burya ngo aho yanyuze ntihanyura urwango, n’ubwo watandukana n’umukunzi wawe akenshi harigihe aba ashaka ko mwasubirana kuko kukubonana n’undi biramubabaza cyane.

Ibi bikurikira n’ibimwe mu bizakubwira ko uwo mwahoze mukundana ashaka ko musubirana.

1.ahora ashaka kukuvugisha:iyo mwatandukanye ariko akigukunda, ahora yunva yakwandikira cyangwa yaguhamagara.

2. aragufuhira: buri gihe iyo akubinanye n’undi muntu biramubabaza cyane kuburyo abura n’amahoro ukabibona.

3.ntajyayiyakirakomwatandukanye:

iyo bamubajije niba mwatandukanye ntajya apfa kubyemera.

4.ahora akuneka:burigihe iyo muganiriye agaruramo amagambo akwinja, aba ashaka kumenya niba usigaye ufite undi sheri, urugero “Oya sha sheri wawe atazankubita”.

5. Ahora aguha impano: iyo mwatandukanye kugirango ubone ko akikwitayeho aguha impano ariko akaziguha bijimije. Urugero : umusore mushobora guhurira nko mu iduka, waba washimye umwenda, agahita yitanguranwa akakubaza ngo “nkakwishyurire se”.

 

Written by Olivier

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuraperi Cardi B yishushanyije ku kibero Tattoo y’umugabo we – AMAFOTO

Yaberekaga uko batinga! Umwarimukazi yatawe muri yombi azira kwigisha abana ubutinganyi