in

Yari agikeneye kwiyongeza! Umusore yasanzwe muri Lodge yapfuye azira kunywa imiti yongera akanyabugabo

Umusore w’imyaka 30 witwa Justus wo muri Uganda yasanzwe mu nzu bakiriramo abashaka kuruhuka ‘lodge’, nyuma yo kunywa imiti yongera imbaraga mu mibonano mpuzabitsina, akamarana n’umukunzi we iminsi itatu.

Police ya Uganda niyo yemeje aya makuru, aho yatangaje ko uyu musore witwa Ouma Justus “yamaze iminsi itatu ari kumwe n’umukobwa w’inshuti ye witwa Auma Carolyne w’imyaka 25, wabyutse ku wa 19 Nyakanga 2023 ahagana saa kumi n’ebyiri za mu gitondo, asanga umukunzi we yapfiriye mu buriri.”

Polisi yahise ihagera, umubiri wa nyakwigendera ujyanwa mu bitaro kugira ngo ukorerwe isuzuma, ryemeje ko yari yanyoye ibinini bihndura imiterere y’umutima.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hafi kwerekana imyanya ye y’ibanga: Frida Kajala wakanyujijeho na Harmonize yerekanye icyo abagabo bamukundira -AMAFOTO

Bikomeje kugorana! Ibya Olivier Sefu muri Kiyovu byateje akaduruvayo mu bayobozi kuburyo bashobora no gufatana mu mashati