Yakojeje agati mu ntozi: Shaddy Boo mu buryo budasanzwe yongeye gushotorana yifashishije amafoto maze abarimo umuhanzi Kenny Sol kwifata biranga bakora ibiteye amatsiko.
Umunyamideli Mbabazi Shadia wamamaye cyane ku izina rya Shaddy Boo yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yasangije abakunzi be amafoto ye meza cyane maze abarimo umuhanzi ukunzwe cyane hano mu Rwanda Kenny Sol bamwereka urukundo babinyujije ahatangirwa ibitekerezo.
Amafoto:


Bimwe mu bintu abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona aya mafoto: