in

‘Yabanje asaba uburinzi bw’Imana’ Harmonize aragenda yikandagira mu gihugu kivukamo umukobwa aheruka kubabaza mu rukundo aho afite ubwoba bw’uko banahura n’ibyo yamukoreye

Harmonize aragenda yikandagira mu gihugu kivukamo umukobwa aheruka kubabaza mu rukundo aho afite ubwoba bw’uko banahura n’ibyo yamukoreye

Harmonize yavuze ko abangamiwe cyane n’urukundo rw’umukunzi we batandukanye.

Ibi yabivuze nyuma y’uko agiye kujya gutaramira muri Australia aho uwahoze ari umukunzi we Brianna Jai, avuka.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, yagize ati:” Imana indinde irinde n’urukundo rwanjye kugira ngo uru rugendo rutazambera ihurizo n’intangiriro y’ibibazo.”

Biteganyijwe ko Harmonize araza gutaramira muri Sydney, Adelaide, Perth na Melbourne mu kwezi gutaha aho hari n’agace kamwe muri utwo gatuyeme Brianna Jai bahoze bakundana.

Konde Boy yatandukanye na Brianna Jai ahita akundana na Kajala nawe batandukanye kuri ubu akaba ari nyakamwe nta mukunzi afite.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru meza ku bantu batega imodoka rusange bagatinda ku murongo bikabicira gahunda zabo

Umugore wa Rayvanny yihenuye kuri Kajara ndetse aca amarenga ko we n’umugabo we bagiye kwibaruka ubuheta