in

Amakuru meza ku bantu batega imodoka rusange bagatinda ku murongo bikabicira gahunda zabo

Amakuru meza ku bantu batega imodoka rusange bagatinda ku murongo bikabicira gahunda zabo.

Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yizeza abagenzi babuze imodoka cyane cyane mu Mujyi wa Kigali, ko hari bisi 105 u Rwanda rwatumije hanze ariko inganda zikaba zikirimo kuzikora.

Kuri ubu amakuru meza ahari ni uko mu mezi ane ari imbere mu Rwanda haragera imodoka 105 zitwara abantu mu buryo rusange.

Dr Nsabimana yabwiye RBA  ko bisi zigera ku 105 zigize icyiciro cya mbere, zizaba zabonetse mu mezi ane ari imbere.

Izi modoka 105 zizaza mbere muri 300 batumije.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hita ubasiba kano kanya! Ibimenyetso (20) bizakwereka inshuti mpimbano cyangwa zitagifitiye umumaro mu buzima bwawe

‘Yabanje asaba uburinzi bw’Imana’ Harmonize aragenda yikandagira mu gihugu kivukamo umukobwa aheruka kubabaza mu rukundo aho afite ubwoba bw’uko banahura n’ibyo yamukoreye