in

NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Ya mashusho y’urukozasoni ya Tiwa Savage yarijije abafana be.

Hakomeje kugaragara ibitekerezo byinshi ku mbuga nkoranyambaga bivuga ku muhanzikazi wo muri Nijeriya Tiwa Savage uherutse kugaragara mu mashusho y’urukozasoni ,atera akabariro n’umukinnyi wa filime z’urukozasoni muri Nigeria, kuri ubu abafana be bakomeje kumubwira ko ibyo biboneye byabateye amarira.

Umugore utazwi yagaragaye mu mashusho arira cyane avuga ko nyuma yo kureba ibyo Tiwa Savage yakoze yahise agira ikiniga ngo kubera uburyo akunda uyu muhanzikazi.

Uyu mudamu yavuze ko abantu bose bamukikije bashobora guhamya ko akunda Tiwa. Mu kwerekana ko ababajwe n’ikibazo cy’umuririmbyi, umudamu yatangiye kuririmba indirimbo ya Tiwa yitwa “All Over crooner “kugira ngo amuhumurize.

Ku bwe, ngo yabajwe no kuba ariya mashusho ya Tiwa yarasakajwe ku karubanda. Uyu mugore yahamije ko ababaye cyane.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Cyusa ari mu munyenga w’urukundo n’umukobwa w’ikizungerezi (AMAFOTO)

Ubuzima bwa wa mugore wari ugiye kwicwa n’umugabo we i Kigali buri mukaga (Video)