in

Wowe umukundira iki? Niba uri mu munyega w’urukundo, dore ibibazo ukwiye kwibaza ukamenya niba umukunzi wawe umukunda urukundo nyakuri rudashingiye ku mafaranga, imiterere cyangwase buri kimwe cyose 

Niba uri mu munyega w’urukundo, dore ibibazo ukwiye kwibaza ukamenya niba ukunda umukunzi we nyakuri ntacyo ushingiyeho.

. Niba umukunzi wawe umukunda kuko agusokana, akaguha buri kimwe cyose, ukamukundira ko arekura amafaranga? Menyako utamukunda ahubwo ukunda amafaranga ye gusa.

. Ese umukunzi wawe umukunda kuko afite imiterere myiza(ateye nk’igisabo), afite umubiri wubakitse neza(yubatse umubiri)? Ubwo ntarukundo nyakuri umukunda ahubwo wikundira imiterere ye gusa.

. Niba ukunda umuntu kuko ubona agukunda cyane, nawe agahitamo kumukunda kuko ubona akwitaho cyane. Menya ko ntarukundo nyakuri umufitiye ahubwo wamugiriye impuhwe.

. Ese umukunda kuko ubo yigirira umutima mwiza, afasha buri umwe wese? Niba aribyo umukundira, menya ko nta rukundo nyakuri umukunda ahubwo wikundira umutima we gusa.

. Niba ujya wibaza icyo ukundira umukunzi wawe ukacyibura, ubwo fatiraho kuko urukundo nyakuri ntacyo rushingiraho.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ese ubwo utaba Pasiteri niwaba imfura? Mutesi Scovia yihanangirije Pastor Claude wavuze amagambo nyandagazi mu ruhame

Sitade izaba ishashagirana! APR FC ibanje kwambika abafana imyambaro mishya y’umweru n’umukara mbere y’uko icakirana na Rayon Sport -AMAFOTO