in

Wa mupasteri wa mbere wirata mu Rwanda bikamubera yujuje etaje ihenze i Kigali|Arashaka kuba umukire wa mbere muri Afurika.

Uyu mupasteri umaze kumamara mu Rwanda aho yivugira ko agomba kwirata kuko nta kintu na kimwe abuze,yatangaje ko amaze kubaka Etaje nziza I Kigali ndetse ko intego ye ari ukuba umukire wa mbere muri Afurika.

Bishop Joseph aganira na Chita Magic TV yavuze ko ibyo Imana ikomeje kumukorera yari yabisabye kera.

Yagize ati:“nasabye kuzatura I Kigali ndi uwambere mu muryango, byarabaye.Nasabye kuzagura imodoka ndi uwa mbere mu muryango wacu biraba,nasabye kugendera mu ndege ndi uwa mbere muryango nabyo biraba.Nsaba kubaka etaje nayo maze kuyuzuza I Kigali.Nta kintu Imana itampaye.”

Yanavuze ko ashaka kuba umukire wa mbere muri Afurika. Anavuga ko utabwiriza ubutumwa bwiza ubayeho nabi cyangwa ukennye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bwa mbere Clarisse Karasira avuze aho yahuriye n’umukunzi we|Ikintu gikomeye yamukoreye atazigera yibagirwa.

Niba ushaka guseka no kwirirwana akanyamuneza isomere nawe uru rwenya.