in

Wa munyamakuru uheruka kujya hanze y’u Rwanda yagaragaye ari mu kwezi kwa bucyi n’umugore we bari ku mazi

Umunyamakuru Horaho Axel wamamaye mu kiganiro Urukiko Rw’imikino nyuma agakomereza mu Rukiko Rw’ubujurire ari mu kwezi kwa bucyi n’umugore we baheruka kurushinga.

Horaho Axel n’umukunzi we Masera bari mu kwezi kwa bucyi aho bari kubukorera ku mucanga, bakaba banacumbitse muri Hotel ikomeye.

Horaho Axel yarushinze mu cyumweru gishize, aho yahise ava mu Rwanda ajya gutura muri Amerika aho umugore we akora, akaba yari amaze imyaka 17 anabayo.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking News: Rayon Sports yirukanye umuzungu ihita isinyisha undi mutoza w’umunyamahanga

Uwahoze ari umukinnyi wa Arsenal yambitse umukunzi we impeta y’urukundo (Amafoto)