in

Wa mukobwa w’icyuki uherutse guterwa indobo n’umusore w’ibigango yatunguwe ku munsi w’abakundana (video)

Amazina ye yitwa Keza Terisky akaba yaramenyekanye cyane ubwo yari mu rukundo n’umusore witwa The Trainer, umwe mu basore b’ibigango batuye i Kigali. Nyuma y’iminsi ibarirwa ku ntoki atandukanye na The Trainer, Keza Terisky yatunguwe ku munsi w’abakundana ahabwa indabo ndetse n’izindi mpano zitandukanye.

Abinyujije kuri story ya instagram ye, Terisky yashyize hanze videwo igaragaza impano yahawe maze ayiherekesha amagambo agira ati “what a beautiful day what happened to me today is all amazing thank u God for this amazing Gift I’ve received since in the morning until now🙏🏽🙏🏽🙏🏽”.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umupadiri yashishikarije abantu kwinywera inzoga kuko zitazababuza ijuru

IFOTO Y’UMUNSI: Miss Mutesi Jolly yatumye ab’igitsina gabo barabya indimi