in

Wa mugore we nawe wa mukobwa we, umugabo cyangwa umusore ntazigira akwibagirwa niba uzi gukora ibi bintu 5

Wa mugore we nawe wa mukobwa we, umugabo cyangwa umusore ntazigira akwibagirwa niba uzi gukora ibi bintu 5.

1. Gutega amatwi no kwishyira mu mwanya w’abandi : Abagabo bakunda abagore babatega amatwi ndetse bishyira mu cyimbo cyabo bakumva ko umuntu ashobora gukosa.

2. Abagabo bakunda abagore bashyigikira intego zabo : Abagabo iyo babonye abagore babashyigikira ku ntego zabo baba basa nkababonye zahabu.

3. Gushimira ku bw’Ibintu bito : Abagabo bakunda abagore badashimira aruko bagombye kubona ibya mirenge.

4. Kumenya gutanga ubwigenge : Abagabo bakunda abagore babaha ubwigenge, hari ubwo usanga utuntu twose umugabo akoze hari umugore uba ushaka kudukontorora, uwo rero abagabo bamwanga kubi.

5. Kuba uzi gushyigikira ibyo akora: Abagabo babikunda cyane iyo umugore ashyigikiye ibyo akora akamwereka ko amwishimiye ndetse akajya amugira n’inama.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rubavu : Umu Pastor yashize icyumba cy’amasengesho agamije kujya yiha akabyizi ku bagore n’abakobwa baza kugisengeramo none ibyo yakoreye ababyeyi ni ibyamfura mbi

Uko icyaka cyiba ucyorezo muri Kigali niko Polisi y’u Rwanda iri kumena inzoga i Nduba ubutitsa