in

VIDEO:ibyo uyu musore washakaga gutera akabariro yakoreye inkumi bari basohokanye ni agahomamunwa

Umusore utamenyekanya amazina yafotowe arimo gukorakora mu buryo budasanzwe umukobwa bari basohokanye ,ndetse ameze nk’ushaka gutera akabariro bitewe n’ibikorwa yakoreraga kuri uyu mukobwa w’inshuti ye.

Uyu musore ugaragara nk’uwifuzaga ibikorwa byo mu gitanda byamunaniye kwihangana maze atangira gushyira ikiganza mu ipantaro y’umukunzi we, amukanda amabuno kugirango yumve anyuzwe.

Nubwo bari ku karubanda kandi hari abantu benshi, umugabo yakomeje gukorakora ibice by’umubiri w’umukunzi we kugeza ubwo umwe mu nshuti ze aje agakurura ukuboko kwe akagukura mu myenda yuyu mukobwa.

Umukobwa we yahagaze atabyitayeho, nta kimenyetso cyerekana ko adashishikajwe nibyo uyu musore yakoraga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nta gikwe:umusore yahagaritse ubukwe igitaraganya ubwo yabonaga inkwano z’umurengera bakoye mukuru w’umukunzi we

Zari wahoze ari umugore wa Diamond yigaramye wa musore nyuma yo gutwika ku mbuga nkoranyambaga(video)